Description
Mu gitabo “IBYAKOZWE N’INTUMWA KU BURYO BUCUKUMBUYE”, umusomyi ahabwa amahirwe yo kwinjira mu mateka akomeye y’itorero rya mbere, akareba mu ndorerwamo y’Ijambo ry’Imana uko intumwa za Yesu Kristo zahamagawe, zigatoranywa, zigatozwa, zigakorera Imana, kugeza zisoje urugendo n’ inshingano zazo.
Iki gitabo gisobanura mu buryo bwimbitse:
-
Uko umwuka w’Imana wakoraga mu itorero rya mbere,
-
Uburyo ivugabutumwa ryakwirakwiye isi nubwo ryahuraga n’ibigeragezo,
-
Uko imirimo y’intumwa itari iy’abantu gusa, ahubwo yari umurimo w’Imana ikorera mu bantu.
-
Impamvu zicukumbuye ku bitabo by’amabaruwa y’intumwa
Si igitabo cy’amateka gusa, ni n’indorerwamo y’itorero ryo muri iki gihe. Kigufasha kwibaza:
Ese itorero ryacu riracyafite uwo muriro w’itorero rya mbere? Ese natwe turi intumwa z’ukuri muri iki gihe?
Niba wifuza kumenya:
-
Aho itorero ryaturutse,
-
Impamvu ryakomeje gukura mu bihe by’akarengane,
-
n’uruhare rwawe muri gahunda y’Imana y’iki gihe,










Reviews
There are no reviews yet.