Description
Hari igihe igitabo cyโAbalewi gisa nโaho gikomeye, kirimo amategeko menshi atumvikana neza ku muntu wโiki gihe. Ariko se, byagenda bite uramutse umenye ko buri murongo wacyo uhishura Kristo? Ko buri gitambo, buri tegeko, nโimihango yose ari ubutumwa bwโimbere buvuga ku gakiza kawe uyu munsi?
Iki gitabo kigutwara mu rugendo rwimbitse, kigufasha gusobanukirwa ubwere bwโImana, uburemere bwโicyaha, nโurukundo rutangaje rwโImana rugaragarira muri Yesu Kristo. Uzasobanukirwa impamvu yโigitambo, agaciro kโamaraso, nโuburyo Imana itegura umuntu kugira ngo abe uwera kandi abeho mu busabane na Yo.
Ntuzongera gusoma Abalewi nkโigitabo cyโamategeko gusa, ahubwo uzabona ko ari ubutumwa bwuzuye ubuzima, impinduka nโibyiringiro. Ni igitabo kiguhamagarira kwezwa, kugendera mu mucyo, no kubaho ubuzima bufite intego.
Niba wifuza kumenya Imana mu buryo bwimbitse, gusobanukirwa Bibiliya neza, no kubona Kristo mu isezerano rya keraโiki gitabo ni icyawe.
Nusoma iki gitabo usenga…..ubuzima bwawe ntibuzasigara nkuko bwahoze.











Reviews
There are no reviews yet.